text size bigger smaller
   

Ibyerekeye Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro

Ijambo ry’ikaze rya Komiseri Mukuru rigenewe abasura uru rubuga

Nshimishijwe no kubakira ku rubuga rushya rwa interineti rw’Ikigo cy’imisoro n’amahoro. (Ifoto ya Komiseri Mukuru) Ikintu cya mbere mwabonye ni ikirango cyacu gishya kigaragaza imbaraga dushyira (...) Komeza...

Organigramme

Komeza...

Ibisobanuro by’ikirango gishya cy’Ikigo cy’imisoro n’amahoro

Uko giteye Ibi bigaragaza ishusho y’Ikirango n’ubwoko bwacyo. Imiterere yacyo igaragaza ibintu bitatu: Ubumwe n’uburinganire; Iterambere n’amajyambere; Uburumbuke. Amabara Amabara agize ikirango (...) Komeza...

Amateka y’imisoro n’amahoro

Amateka y’imisoro mu Rwanda agaragaza ko amategeko ya mbere yerekeye imisoro yabayeho mu gihe cy’ubukoloni. Ayo mategeko arimo Itegeko ryo muri Kanama 1912 rigenga imisoro, n’imisoro ku mutungo (...) Komeza...

Inshingano

Icyerekezo cy’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro “Kuba Ikigo gikataje mu mikorere kandi kigezweho ku rwego rw’isi, gishobora gukemura ibibazo byose by’igihugu mu rwego rw’ imari”. Inshingano y’ ibanze (...) Komeza...

Inama y’ubutegetsi

Abagize inama y’ubutegetsi y’Ikigo cy’imisoro n’amahoro Ikigo cy’imisoro n’amahoro kiyoborwa n’Inama y’ubutegetsi ikuriwe na Perezida ushirwaho na Minisitiri w’Intebe abigiriwemo inama n’Inama (...) Komeza...

top Subira Hejuru