Ahabanza / Serivise za Gasutamo / Imicungire Y’imizigo Minini /

Ububiko bwo kuri gasutamo bwa Leta

Uburyo bwo kugenzura imizigo minini bukoze ku buryo ibicuruzwa byose bigera i Gikondo aho baparika biri mu nzira bijya mu mahanga byitabwaho ku buryo bukwiye.

Ingingo ya 43 y’Itegeko rigenga imicungire ya gasutamo mu Muryango w’Ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba.

Igenzurwa ry’ibicuruzwa biri mu bubiko bwa leta ni inshingano z’ibiro bya gasutamo by’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro . Kwita ku buryo imizigo ifatwa ni inshingano z’ibigo bishinzwe kwita ku mizigo nka MAGERWA, KOBIL na TOTAL. Ibi bigo bifite uburyo bwabyo bwo kumenya ibicuruzwa biri mu bubiko bwabyo bicunga.

Copyrights © 2022 All Rights Reserved by Rwanda Revenue Authority.

Thanks for your Feedback!

If you feedback requires a response, we'll be in touch shortly

Was this post helpful?