RRA yatanze ishimwe kuri TVA rya miliyari 1.3 Frw ku baguzi basabye fagitire za EBM
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatanze ishimwe rishingiye ku musoro ku nyongeragaciro (TVA) ringana na 1,327,986,092 Frw, ryahawe abaguzi ba nyuma…
23.12.2024
Umusoro ku nyungu wa 2024: Ibyo ukwiriye kugenzura mbere y’uko uyu mwaka urangira
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) kiributsa abasora gusuzuma ko ingano n'agaciro by'ibicuruzwa biri…
13.12.2024
Ibigo by’imisoro byashishikarijwe gukoresha ‘AI’ mu kunoza sisiteme bikoresha
Abayobozi mu nzego zifata ibyemezo, abashakashatsi n’inzobere mu misoro bo muri Afurika no hanze…
12.12.2024
Igihe cyiza cyo kumenyekanisha umusoro ku mutungo utimukanwa ni uyu munsi
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyiributsa abarebwa no kwishyura umusoro ku mutungo utimukanwa…
06.12.2024
U Rwanda rwatorewe kuba mu nama y’ubuyobozi ya ATAF mu 2025-2026
Edward Kieswetter wo muri Afurika y’Epfo yatorewe kuyobora Inama Nkuru y’Ihuriro Nyafurika…
29.11.2024
Abacuruzi bakora magendu basabwe kubicikaho
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasabye abacuruzi guca ukubiri na magendu, kuko uzabigerageza wese…
21.11.2024
Abagore bakora ubucuruzi bashishikarijwe kumenya amategeko y’imisoro ajyanye n’ibyo bakora
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyasabye abagore gukangukira gushaka amakuru y’imisoro ijyanye…
18.11.2024
Gushimira abasora ku rwego rw’Intara byasorejwe mu Majyepfo
Ibikorwa byo gushimira abasora bubahirije inshingano zabo neza mu 2023/24 ku rwego rw’Intara…
13.11.2024
Abasora bujuje neza inshingano zabo mu Burasirazuba bashimiwe
Abasora bujuje neza inshingano zabo mu Ntara y’Iburasirazuba mu mwaka wa 2023/24 bashimiwe umuhate…
09.11.2024
Abasora bo mu Burengerazuba bashimiwe kubahiriza neza inshingano zabo
Abasora bo mu Ntara y’Iburengerazuba bashimiwe ko bujuje neza inshingano zabo neza mu mwaka wa…
07.11.2024
Hashimiwe abasora bujuje neza inshingano zabo mu Majyaruguru
Abasora bo mu Ntara y’Amajyaruguru bashimiwe uburyo bujuje neza inshingano zabo mu mwaka wa 2023/24,…
04.11.2024
Guverinoma yatangije ukwezi kwahariwe gushimira abasora ku nshuro ya 22
Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangije ku mugaragaro…
16.10.2024
Abasora baributswa kubyaza umusaruro gahunda yo Kwigaragaza ku bushake iri gusatira umusozo
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyashishikarije abasora kugaragaza ku bushake imisoro…