Search
Abanyeshuri basoje amasomo mu bya gasutamo no kunganira abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, basabwe kurangwa n’ubunyangamugayo
Nyuma y’amezi atandatu bahugurwa, kuwa gatanu tariki 23 Kamena 2023 abasaga 300 bahawe impamyabushobozi mu masomo ya Gasutamo no kunganira abacuruzi…
RRA yamurikiye abunganira abasora impinduka zakozwe muri sisitemu yifashishwa mu kumenyekanisha umusoro ku nyungu
RRA yasobanuriye abunganira abasora amavugurura yabaye muri sisitemu yifashishwa mu kumenyekanisha…
U Rwanda na DRC mu bufatanye bworohereza abakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka
Inzobere za Servisi ya Gasutamo yo mu Rwanda no muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo DRC…
Komiseri Mukuru yasobanuye impamvu zatumye RRA irenza intego, kandi ubukungu bwarakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19.
Ubwo hizihizwaga umunsi wo gushimira abasora mu ntara y’Iburasirazuba kuri uyu wa 09 Ugushyingo,…
INTARA Y’IBURENGERAZUBA YAJE KU ISONGA MU GUKUSANYA IMISORO Y’IMBERE MU GIHUGU MU MWAKA WA 2020/2021.
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021, Intara y’Iburengerazuba…
Intara y’Amajyepfo yinjije mu isanduku ya Leta umusoro ungana na miliyali 44.5 Frw mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyagaragaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021, Intara y’Amajyepfo…
Abasora bo muntara y’Amajyaruguru basabwe gukomeza ubufatanye na Leta mu guhashya ibikorwa bya magendu hirindwa kunyereza umusoro.
Komiseri Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), Bwana KALININGONDO Jean-Louis ubwo…
Abasora bahamya ko bakomeje imikoranire myiza bafitanye na Leta y’uRwanda ntakabuza imisoro yazakomeza kwiyongera ikanagera kuri Miliyali 2000 Frw ku mwaka mu minsi ya vuba.
Abasora bahamya ko nibakomeza ubufatanye bwiza bafitanye na Leta bizatuma umusoro winjizwa mu…
Abagera kuri 65% nibo bamaze kumenyekansiha no kwishyura avansi ya 2 y’umusoro ku nyungu zabonetse mu mwaka wa 2021.
Mu gihe itariki ntarengwa yo kumenyekanisha no kwishyura avansi ya kabiri y’umusoro ku nyungu ari…
Abacuruzi bo mu karere ka Rusizi biyemeje guhindura imyumvire ku ikoreshwa rya EBM
Akarere ka Rusizi mu ntara y’I burengerazuba gahana imbibi na Repubulika iharanira demokarasi ya…
Abatumiza ibicuruzwa mu mahanga bibukijwe ko nta mucuruzi uzongera kuvana ibicuruzwa bye muri gasutamo adafite ikoranabuhanga rya EBM V2.1
Mu mahugurwa yihariye yahawe abatumiza ibicuruzwa mu mahanga hagamijwe kubasobanurira byimbitse…
Kudasobanukirwa ibyijyanye n’imisoro n’imwe mu mbongamizi zituma abagana Access Bank batabona serivisi bakenera.
Abasora bakenera serivisi za Access Bank by’umwihariko inguzanyo ngo bahura n’imbongamizi zo kuba…
Kwegera abasora no kubaba hafi bibatera umurava wo gutanga imisoro neza
Komiseri Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro bwana Jean-Louis KALININGONDO yagiriye…