Abayobozi mu nzego zifata ibyemezo, abashakashatsi n’inzobere mu misoro bo muri Afurika no hanze yayo, bahuriye i Kigali baganira ku ngingo zitandukanye, zifite uruhare mu kugena ahazaza…
Edward Kieswetter wo muri Afurika y’Epfo yatorewe kuyobora Inama Nkuru y’Ihuriro Nyafurika ry’Ubuyobozi bw’Imisoro Afurika (ATAF) mu myaka ibiri iri imbere, asimbuye Dr. Philippe Tchodie, Komiseri…
Ibikorwa byo gushimira abasora bubahirije inshingano zabo neza mu 2023/24 ku rwego rw’Intara byasorejwe mu Majyepfo, basabwa kurushaho kwimakaza ikoreshwa rya EBM. Ni igikorwa kirimo kuba ku nshuro…
Abasora bujuje neza inshingano zabo mu Ntara y’Iburasirazuba mu mwaka wa 2023/24 bashimiwe umuhate wabo, basabwa kurushaho kwimakaza EBM.
Ni igikorwa cyabaye ku wa 12 Ugushyingo 2024, mu Karere ka…
Abasora bo mu Ntara y’Iburengerazuba bashimiwe ko bujuje neza inshingano zabo neza mu mwaka wa 2023/24, mu gikorwa kijyanye n’ukwezi kwahariwe gushimira abasora, kurimo kwizihizwa ku nshuro ya…