Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyagaragaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021, Intara y’Amajyepfo yakusanyije umusoro ungana na miliyali 44.5 Frw mu gihe intego yari 43.2Frw. Ibi byatangajwe na Komiseri…
Abasora bahamya ko nibakomeza ubufatanye bwiza bafitanye na Leta bizatuma umusoro winjizwa mu isanduku ya Leta uzamuka vuba cyane ukagera kuri miliyali 2000 Frw ku mwaka. Ni mu gihe batangarizwaga ko…
Mu gihe itariki ntarengwa yo kumenyekanisha no kwishyura avansi ya kabiri y’umusoro ku nyungu ari 30/09/2021), abasora bangana na 65% nibo bonyine bamaze kumenyekanisha uyu musoro. Ibi byagarutsweho…
Akarere ka Rusizi mu ntara y’I burengerazuba gahana imbibi na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo n’Uburundi, kakaba ari akarere kagaragaramo ubucuruzi butandukanye harimo n’ubwambukiranya…
Abasora bakenera serivisi za Access Bank by’umwihariko inguzanyo ngo bahura n’imbongamizi zo kuba badasobanukiwe ibijyanye n’imisoro nk’uko byatangajwe na Madame Rutabayiro Nadine, uhagarariye ishami…
The Government of Rwanda has developed the Trade Information Portal to fulfill Article 1 of the WTO Trade Facilitation Agreement, requiring Member States to publish their trade procedures online,…
Ibipimo by’umusoro ku mutungo utimukanwa byakurikijwe muri 2019 n’ibyo bizakurikizwa mu kubara umusoro ku mutungo utimukanwa ku butaka wo mu mwaka wa 2020.
Ibi ni bimwe mu byemezo by’inama…