U Rwanda ni umunyamuryango w’Umuryango w’ubucuruzi w’ibihugu by’iburasirazuba n’amajyepfo y’Afurika. Ibi bivuga ko mu gihe rucuruza n’ibindi bihugu 19 bigizeuyu muryango, u Rwanda rugomba gukurikiza…
Ubu u Rwanda rwinjiye mu muryango w’ibihugu by’Afurika y’iburasirazuba. Ibi bifite icyo bizahindura mu byerekeye imisoro yo mu Rwanda, kuko ruzaba mu Ishyirahamwe ry’imisoro ryo mu Muryango w’ibihugu…