Umuntu wese ukora ibintu bicibwa umusoro ku byaguzwe agomba kuzuza, buri munsi, igitabo kibarurirwamo ibintu byakozwe n’igitabo kibarurirwamo ibyacurujwe. Igitabo kibarurirwamo ibyacurujwe kigomba kugaragaza igiciro n’umubare wahawe buri muguzi, amazina ye n’aho abarizwa.