Ahabanza / details /

Nimero iranga umusoreshwa ni iki? (TIN)

Ni nimero imwe ubyobozi bw’imisoro buha umusoreshwa. Ni itegeko kuri buri musoreshwa kugira iyi nimero yihariye. Abasoreshwa bafite inshingano yo kugaragaza iyi nimero ku nyandiko zose bahererekana na RRA. Iyi nimero igomba kugaragazwa ku nyandiko zose umusoreshwa aha ubuyobozi bw’imisoro nk’ikimenyetso kigaragaza ibyo akora. Birumvikana ko TIN (nimero ihabwa umusoreshwa) itangirwa ubuntu kandi iboneka mu minota nk’itanu (5) nyuma yo gutanga impapuro zisabwa.

Ibisabwa kugira ngo umuntu ahabwe Nimero iranga Umusoreshwa (TIN)

Copyrights © 2022 All Rights Reserved by Rwanda Revenue Authority.

Thanks for your Feedback!

If you feedback requires a response, we'll be in touch shortly

Was this post helpful?