Ahabanza / details /

Ni ubuhe buryo bukurikizwa mu gufungisha ipatanti n’amahoro y’isuku rusange?

  • Gufata ifishi yo kwiyandukuza ku musoro w’iptanti uhabwa n’ibiro bya RRA by’aho uherereye;
  • Kuyuzuza no kuyishyikiriza abayobozi bo ku nzego z’ibanze kugira ngo bayishyireho umukono;
  • Kuyigarura kuri RRA nyuma yo kuyisinya kugira ngo ufungishe ipatanti
  • Umukozi wa RRA agenzura niba imisoro yose yaramenyekanishijwe  ikanishyurwa;
  • Iyo imisoro yose yishyuwe, imisoro yakirwa n’inzego z’ibanze irafungwa;
  • Umusoreshwa atumizwaho kuza gufata ibaruwa ihamya ko yiyandukuje ku musoro w’ipatanti.

Copyrights © 2022 All Rights Reserved by Rwanda Revenue Authority.

Thanks for your Feedback!

If you feedback requires a response, we'll be in touch shortly

Was this post helpful?