Abasora bakenera serivisi za Access Bank by’umwihariko inguzanyo ngo bahura n’imbongamizi zo kuba badasobanukiwe ibijyanye n’imisoro nk’uko byatangajwe na Madame Rutabayiro Nadine, uhagarariye ishami…
The Government of Rwanda has developed the Trade Information Portal to fulfill Article 1 of the WTO Trade Facilitation Agreement, requiring Member States to publish their trade procedures online,…
Ibipimo by’umusoro ku mutungo utimukanwa byakurikijwe muri 2019 n’ibyo bizakurikizwa mu kubara umusoro ku mutungo utimukanwa ku butaka wo mu mwaka wa 2020.
Ibi ni bimwe mu byemezo by’inama…
The Rwanda Trade Portal has made it possible for traders to engage in export and import trade with ease particularly during the hard times of the Covid-19 pandemic. This revelation comes after a…
Abacuruza ibokomoka ku buhinzi n’ubworozi ni bamwe mu bagaragaje impungenge z’uko batasobanukiwe uko bazakoresha ikoranabuhanga rya EBM mu gutanga inyemezabuguzi z’ibyo bacuruza.
Ni nyuma y’uko…
Ibi byasobanuwe na Komiseri wungirije ushinzwe abasora, Bwana Uwitonze Jean Paulin, ubwo yakanguriraga abasora bose kumenyekanisha umusoro ku nyungu zabonetse mu mwaka wa 2020 hakiri kare, kuko…
Abamaze kwitabira gahunda ya “EBM kuri bose” barishimira ko iri koranabuhanga ryabafashije gushyira ubucuruzi bwabo ku murongo, ubu bikaba biborohera kumenya ibyinjiye n’ibyasohotse, kuko sisitemu…
Nyuma y’uko bamwe mu basora bagaragaje impungenge ko hari ibikorwa bitazashobora kubonerwa inyemeza buguzi zitanzwe na EBM bityo ntibyemerwe mu byatunze umwuga bizavanwa mu nyungu zisoreshwa…
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), kivuga ko abacuruzi barenga77% batumiza hamwe n’abohereza ibicuruzwa mu mahanga uyu munsi aba bose basigaye babona amahirwe yo gusonerwa 5% ya avansi ku musoro ku…