Home / Search /
1336 results:
921. Komiseri Mukuru yasobanuye impamvu zatumye RRA irenza intego, kandi ubukungu bwarakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Covid-19.  
Ubwo hizihizwaga umunsi wo gushimira abasora mu ntara y’Iburasirazuba kuri uyu wa 09 Ugushyingo, Komiseri Mukuru, Bwana BIZIMANA Ruganintwali Pascal, yasobanuye impamvu zatumye Ikigo cy’Imisoro…  
922. INTARA Y’IBURENGERAZUBA YAJE KU ISONGA MU GUKUSANYA IMISORO Y’IMBERE MU GIHUGU MU MWAKA WA 2020/2021.  
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021, Intara y’Iburengerazuba yaje ku isonga mu kwinjiza imisoro y’imbere mu gihugu, aho hakusanyijwe amafaranga aturuka ku misoro…  
923. Intara y’Amajyepfo yinjije mu isanduku ya Leta umusoro ungana na miliyali 44.5 Frw mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021  
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro cyagaragaje ko mu mwaka w’isoresha wa 2020/2021, Intara y’Amajyepfo yakusanyije umusoro ungana na miliyali 44.5 Frw mu gihe intego yari 43.2Frw. Ibi byatangajwe na Komiseri…  
924. Abasora bo muntara y’Amajyaruguru basabwe gukomeza ubufatanye na Leta mu guhashya ibikorwa bya magendu hirindwa kunyereza umusoro.  
Komiseri Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), Bwana KALININGONDO Jean-Louis ubwo yari mu gikorwa cyo gushimira abasora mu Ntara y’Amajyaruguru yasabye abikorera gusora neza kandi ku…  
925. Abasora bahamya ko bakomeje imikoranire myiza bafitanye na Leta y’uRwanda ntakabuza imisoro yazakomeza kwiyongera ikanagera kuri Miliyali 2000 Frw ku mwaka mu minsi ya vuba.  
Abasora bahamya ko nibakomeza ubufatanye bwiza bafitanye na Leta bizatuma umusoro winjizwa mu isanduku ya Leta uzamuka vuba cyane ukagera kuri miliyali 2000 Frw ku mwaka. Ni mu gihe batangarizwaga ko…  
926. Abagera kuri 65% nibo bamaze kumenyekansiha no kwishyura avansi ya 2 y’umusoro ku nyungu zabonetse mu mwaka wa 2021.  
Mu gihe itariki ntarengwa yo kumenyekanisha no kwishyura avansi ya kabiri y’umusoro ku nyungu ari 30/09/2021), abasora bangana na 65% nibo bonyine bamaze kumenyekanisha uyu musoro. Ibi byagarutsweho…  
927. Abacuruzi bo mu karere ka Rusizi biyemeje guhindura imyumvire ku ikoreshwa rya EBM  
Akarere ka Rusizi mu ntara y’I burengerazuba gahana imbibi na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo n’Uburundi, kakaba ari akarere kagaragaramo ubucuruzi butandukanye harimo n’ubwambukiranya…  
928. Abatumiza ibicuruzwa mu mahanga bibukijwe ko nta mucuruzi uzongera kuvana ibicuruzwa bye muri gasutamo adafite ikoranabuhanga rya EBM V2.1  
Mu mahugurwa yihariye yahawe abatumiza ibicuruzwa mu mahanga hagamijwe kubasobanurira byimbitse imikorere y’uburyo bwa EBM n’uko babusaba hifashishijwe ikoranabuhanga, Bwana Mbera Emmy,…  
929. Kudasobanukirwa ibyijyanye n’imisoro n’imwe mu mbongamizi zituma abagana Access Bank batabona serivisi bakenera.  
Abasora bakenera serivisi za Access Bank by’umwihariko inguzanyo ngo bahura n’imbongamizi zo kuba badasobanukiwe ibijyanye n’imisoro nk’uko byatangajwe na Madame Rutabayiro Nadine, uhagarariye ishami…  
930. Kwegera abasora no kubaba hafi bibatera umurava wo gutanga imisoro neza  
Komiseri Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro bwana Jean-Louis KALININGONDO yagiriye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu ntara y’amajyepfo, aho yahuye n‘abasora batandukanye. Yasuye uruganda…  
Search results 921 until 930 of 1336

Copyrights © 2022 All Rights Reserved by Rwanda Revenue Authority.

Thanks for your Feedback!

If you feedback requires a response, we'll be in touch shortly

Was this post helpful?